Nyuma y’imirwano ikaze yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, M23 yigambye ko yamaze kwigarurira Umujyi wa Kichanga wafatwaga nk’icyicaro...
Abasirikare badasanzwe b’inyeshyamba za M23 bazwi ku izina ry’Intare za Sarambwe bayoborwa na Coloneli Kabundi, bamaze gutangaza ko imipaka ya Masisi na Rutshuru ubu iri...
Aya ni amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, aho yavuze ko ntawe u Rwanda ruzashozaho intambara, ariko mu gihe rwayishorwamo rwiteguye...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatanze impuruza ku Isi hose ko igiye gukoresha ubushobozi ifite ikarwanya yivuye inyuma Umutwe wa M23 n’abawufasha mu...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Mutarama 2023, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inzego z’umutekano zatatanyije abaturage babarirwa mu magana bari baje mu myigaragambyo...
U Burusiya bwongeye gucucira imvura y’ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri Ukraine kuwa gatandatu tariki 14 Mutarama 2023, aho mu mujyi wa Dnipro mu...
Umudepite mu Nteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo witwa Oyobangira (Ayobangira) Safari ukomoka mu gace ka Masisi muri Kivu ya Ruguru, yifatiye...
Ibiro by’uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ubu akaba ari umuhuza w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DR Congo...
‘Wagner Group’ ni Kompanyi yigenga ya Servisi za gisirikare yo mu Gihugu cy’u Burusiya ikuriwe na Yevgeny Prigozhin, umuherwe w’umwizerwa wa hafi cyane kuri Perezida...
Mu gihe amakuru yemeza ko abacancuro ba Wagner Group yo mu Burusiya barimo gufatanya n’ingabo za DR Congo, FARDC mu rugamba zihanganyemo na M23 akomeza...