Ibiro by’uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, ubu akaba ari umuhuza w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DR Congo...
‘Wagner Group’ ni Kompanyi yigenga ya Servisi za gisirikare yo mu Gihugu cy’u Burusiya ikuriwe na Yevgeny Prigozhin, umuherwe w’umwizerwa wa hafi cyane kuri Perezida...
Mu gihe amakuru yemeza ko abacancuro ba Wagner Group yo mu Burusiya barimo gufatanya n’ingabo za DR Congo, FARDC mu rugamba zihanganyemo na M23 akomeza...
Umwe muri ba banyeshuri bakoreye impanuka ku Irebero ku munsi wa Mbere w’itangira ry’amashuri kuri uyu wa 09 Mutarama 2023, mu modoka itwara abanyeshuri, yitabye...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko hari igihe ntarengwa umutwe wa M23 wahawe ukaba warekuye uduce twose wafashe, bitaba ibyo ukaraswa bikomeye...
Umugabo wo mu Murenge wa Nyamyumba, Akarere ka Rubavu wari ukurikiranyweho kwica mushiki we babanaga, akanamuhamba ngo asibanganye ibimenyetso, nawe yarashwe ahita apfa ubwo yageragezaga...
Ahagana saa tanu na mirongo itanu n’itanu z’amanywa (11h55) kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Mutarama 2023, imodoka ya Daihatsu ifite plaque RAB755D yakoreye impanuka...
Nyuma yo kwemeranya ku kuva mu bice bimwe na bimwe byigaruriwe na M23, Ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba ziri mu butumwa muri DR Congo, zamaze...
Abarwanyi ba M23 bakomeje kwirukana amasigamana Ingabo za Leta ya DR Congo ndetse bakaba bari hafi yo kwigarurira 100% Teritwari yose ya Ruthsuru kuko mu...