Leta y’u Rwanda n’iya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara bikaze imyaka mu burasirazuba bwa DR Congo. Gusinya...
Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda, NRM ryemeje Yoweli Kaguta Museveni, umaze imyaka 39 ku butegetsi muri Uganda nk’umukandida mu matora azaba mu mwaka utaha...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, baganira ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku mugabane...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko intambara atari igisubizo kirambye ku makimbirane hagati y’abatuye Isi ahubwo ko ziteza mwene muntu...
Igisirikare cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko cyiteguye kongera gusubira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 uherutse kwandagaza ingabo zari mu butumwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 22 Kamena 2025, yagabye ibitero bikomeye kuri Iran, igamije kuburizamo umugambi...
Igihugu cy’u Burusiya cyabwiye kigenzi cyacyo cya Israel ko gikwiriye kuzirikana ko nta burenganzira gifite bwo guhindura ubutegetsi buriho muri Iran bityo ko nta n’impamvu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, nk’uko abakozi...
Umukinnyi wamamaye mu mupira w’amaguru ku Isi, Cristiano Ronaldo uzwi nka CR7, yageneye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump impano y’umwambaro uriho...