Mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2025, indege y’intambara ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibirindiro by’umutwe wa AFC/M23 biherereye mu...
Abakobwa 24 bari barashimutiwe mu ishuri ryitwa Government Girls Comprehensive Senior Secondary School (GGCSS) riherereye muri Leta ya Kebbi, muri Nigeria ku wa 17 Ugushyingo...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko Ukraine yemeye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Perezida Donald Trump, igaragaza ko hari ingingo nto zikwiye kunozwa neza...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umusore w’imyaka 33 wakekwagaho kwica umukobwa bakundanaga amukase umutwe i Masaka, yarasiwe mu Karere ka Rwamagana mu ntara y’Iburasirazuba nyuma...
Abanyamulenge baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batabaje ubuyobozi bw’iki gihugu gutabara bene wabo bari kugabwaho ibitero mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Biturutse ku mirwano imaze iminsi ibera muri Masisi, abarwanyi ba AFC/M23 binjiye mu gace ka Kaliki muri Teritwari ya Walikale, ubu bakaba bakagenzura n’ubwo imirwano...
Mu nama ya kane y’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [JSCM], haganiriwe ku cyiciro cya kabiri cy’ibikorwa bigamije kubahiriza amasezerano...