Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Jack Ma, washinze Alibaba Group, biganisha ku bufatanye mu guteza imbere ubucuruzi bushingiye ku guhanga...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko mu mwaka wa 2026, hatagize igihinduka, izatangira igerageza ry’ifaranga koranabuhanga (CBDC – Central Bank Digital Currency) rigakoreshwa mu...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ingendo zo mu kirere n’u Bwongereza ndetse na Panama, agamije koroshya ubwikorezi bw’abantu n’ibintu no kongera amahirwe y’ishoramari...
Mu ntambara karundura ihuje u Burusiya na Ukraine kuva muri Gashyantare 2022, magingo aya hari kwifashishwa ikoranabuhanga mu rwego rwo kugabanya imfu z’abasirikare no kwangiza...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye bahagarariye umuhango w’isinywa ry’amasezerano hagati y’Ibihugu byombi, mu nzego zirimo...
Ku masaha y’umugoroba kuri iki Cyumweru tariki 07 Nzeri 2025, abanyarwanda ndetse n’abandi bari mu bice bimwe baragira amahirwe yo kwitegereza igitangaza cy’ijuru gikura bamwe...
Mu gihe Isi ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga, umwuga w’itangazamakuru nawo uri guhinduka uko bukeye n’uko bwije. Muri iyi si y’ihindagurika, abanyamakuru bo mu Rwanda nabo...
Electric vehicle distribution company BasiGo has announced that it has been granted the right to supply CATL batteries in sub-Saharan Africa. BasiGo has become the...