Ibigo by’amashuri 65 byo mu ntara ya Kwilu iri mu Majyepfo y’Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafunze imiryango bitewe n’ikibazo cy’umutekano muke. Ibi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko bagiye kubaka ubwato bugera kuri 30 mu rwego rwo kongera ubushongore n’ubukaka bw’ingabo za...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanze gusubira mu biganiro by’amahoro biyihuza n’ihuriro AFC/M23. Leta ya RDC yanze ibiganiro byaba iby’imbonankubone cyangwa ibyifashisha ikoranabuhanga mu gihe...
Abatuye mu mujyi wa Goma no mu bice bihana imbibi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babyukiye mu myigaragambyo yo kutemeranya n’uko AFC/M23...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko igisirikare cyazo cyagabye igitero gikomeye cyane ku mutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) muri Siriya, mu rwego rwo...
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kristi Noem, yatangaje ko yahagaritse tombola ya ‘Green Card’ mu rwego rwo kubungabunga umutekano w’Abanyamerika. Uyu...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yimwe ijambo mu nama y’abakuru b’Ibihugu byo mu muryango w’Akarere ka Afurika y’Amajyepfo (SADC) kubera amadeni...
Abatuye mu mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23 rimaze icyumweru riwugenzura. Iyi...