Abantu nibura 25 nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’inyeshyamba zifite aho zihuriye n’umutwe wiyita Leta ya kisilamu, mu gitero zagabye ku ishuri ryo mu Burengerazuba...
Mu rugendo rugamije amahoro barimo, bamwe mu bategetsi ba Afurika barimo Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa basabye ko habaho guhagarika imirwano ku mpande zombi...
Mu gihe hakomeje kuvugwa amatora muri DR Congo, hari benshi bakomeje kwibaza niba azaba cyangwa se niba Tshisekedi azitwaza umutekano muke uri mu bice bimwe...
Donald J. Trump wahoze ari Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari butabwe muri yombi agezwe imbere y’urukiko rwo muri Miami muri Leta...
Umwe mu bafana bakomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda uzwi ku izina rya Rwarutabura, yakeje Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu,...
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku rwibutso rw’Akarere ka Gakenke ruherereye muri Buranga, Umurenge wa Kivuruga, abaturage bibukijwe kwirinda...
Umushumba wa Canterbury mu Bwongereza akaba ari na we Musenyeri Mukuru mu Itorero ry’Abangilikani (Anglican Church) ku Isi, Justin Welby, yihanangirije Itorero rya Uganda (Uganda...