Mu mpera z’uku kwezi kwa 10 (Ukwakira) 2023, biteganyijwe ko Perezida wa Pologne, Andrzej Sebastian Duda, azagera i Kigali mu ruzinduko rw’akazi rugamije gushimangira umubano...
Nyuma y’iminsi itandatu intambara itangiye hagati ya Israel n’abarwanyi ba Hamas, Igisirikare cy’iki Gihugu (IDF) cyatangaje ko kimaze kumisha ibisasu ibihumbi 6 mu gace ka...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko buri muntu wese wo muri Hamas ari “umupfu kandi ko bagomba guhanagura ku Isi icyitwa Hamas kikibagirana...
Imitwe y’inyeshyamba yahurijwe hamwe na Leta ya DR Congo ikitwa “Wazalendo”, yahaye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EACRF amasaha 48 ngo zibe zamaze kuzinga utwangushye...
Korali Rangurura ikorera umurimo w’Imana ku Itorero rya ADEPR Rurengeri, Paruwasi ya Jenda, Ururembo rwa Rubavu, iri gukora ivugabutumwa hirya no hino, mu rwego rwo...
Imirwano hagati ya M23 n’abo ku ruhande rwa Leta ya DR Congo barwana mu isura y’imitwe y’abarwanyi yitwa “Wazalendo” ikomeje gufata indi sura aho yakomeje...
Inzego z’umutekano za Israel zatangaje ko abarwanyi bo mu mutwe wa Hamas barashe ibisasu bari mu Mujyi wa Gaza muri Palestine bidacana uwaka bigwa muri...