I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Nyakanga 2021 nibwo umushumba wa Kiliziya Gatolika, Nyirubutungane Papa Francis yasezerewe mu bitaro aho yari...
Habayintwali Valens wigaga mu ishami ry’uburezi mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Nyagatare, yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo yashizemo umwuka. Ahagana...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yakiriye mugenzi we w’Uburundi, Evariste Ndayishimiye mu ngoro ya Perezidansi i Kinshasa muri Kongo, mu...
Mu irushanwa ryo gushaka itike mu mikino nyafurika(Fiba Women’s Afrobasket qualifiers) riri kubera i Kigali guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Nyakanga 2021,...
Mu gihe u Rwanda rwugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 kuko imibare y’abanduye idahwema gutumbagira, bamwe mu baturage bakomeje kwigira ba ntibindeba ku buryo bashyira ubuzima bwabo...
Ikipe y’igihugu ya Nigeria yatunguranye mu ruhando mpuzamahanga rw’umukino w’intoki wa Basketball kuko yabashije gukora amateka atarakorwa n’ikindi gihugu cy’Afurika aho mu mukino wa gicuti...
Mu gihugu cy’u Bubiligi, abashakashatsi mu buvuzi baratangaza ko hari umukecuru uherutse kugaragaraho ko yanduye ubwoko bubiri butandukanye bw’icyorezo cya COVID-19. Aya makuru yamenyakanye nyuma...
Mu gihe igihugu cya Afurika y’Epfo kiri mu mworera w’ubukungu cyatewe n’icyorezo cya COVID-19 dore ko haherutse gushyirwaho ingamba n’amabwiriza yo kwirinda akarishye kubera inkubiri...