I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Korali Bethlehem yo kuri ADEPR Gisenyi imaze kuba ikimenyabose kubera ibikorwa byo kwamamaza ubutumwa bwiza mu Turere tugize u Rwanda no mu Bihugu bya Afurika...
Dr William Samoei Ruto, Perezida wa Repubulika ya Kenya akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo za Kenya, KDF, yashyizeho abayobozi bashya b’ingabo, uwari Lt Gen Francis Omondi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri Tanzania aho we na mugenzi Samia Suluhu Hassan bashimangiye gukomeza kunoza umubano...
Umunya Kenya Major General Jeff Nyagah wayoboraga Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu Burasirazuba bwa DR Congo, EACRF yeguye kubera ibyo yise ‘igitutu akomeje gushyirwaho...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rugamije gushimangira umubano usanzwe hagati y’Ibihugu byombi. Mu masaha ya mbere...
Ikipe ya Arsenal ikundwa na bamwe mu banyarwanda kuva cyera, hakaniyongeraho gahunda ya ‘Visit Rwanda‘, yabatijwe na Manchester City yayipakiye ibitego 4-1, gusa ikomeza kuyobora...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Uvira uri muri Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko abagize imiryango irenga 780 badafite aho baba...
Umuyamabanga wa Guverinoma ya Kenya ushinzwe Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Alfred Mutua, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuwa 24 Mata 2023 ari kumwe na mugenzi we wa...