Abarimu bahawe amahirwe yo gukomeza kwiga uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda mu mashami y’uburezi aherereye i Rukara na Nyagatare (UR-CE) mu Ntara y’Iburasirazuba muri gahunda...
Abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro rusange (O’Level) baravuga ko kuba inzego zikuriye uburezi mu Rwanda zarafashe umwanzuro wo gusohora amanota...
Ubwo yasozaga Itorero Indangamirwa ryari rimaze iminsi ribera i Nkumba mu Karere ka Burera, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye guhezwa...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba bemeza ko n’ubwo Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga igamije kubateza imbere, hakiri...
Umukandida wigenga (Candidat Libre) wakoreraga ikizamini cya Leta mu Ishuri riherereye mu Karere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatanwa...