Perezida wa Repubulika Yiyunze ya Tanzania, madame Samia Suluhu Hassan yageze i Kigali aho yitabiriye Inama yiga ku ikoreshwa ry’Ingufu za Nikeleyeri no guhanga ibishya...
Ikinyamakuru New York Times, kivuga ku bayobozi babiri batavuzwe amazina mu Burasirazuba bwo Hagati, cyatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel biri kwitegura...
Leta ya Togo yatangaje ko guhera ku wa mbere yavanyeho gusaba impushya (visa) zo kwinjira muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba, ubu Abanyafurika bose...
Dr Denis Mukwege, umunyecongo wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu 2018 yatangaje ko yamagana umuhate w’ishyaka riri ku butegetsi wo gushaka guhindura Itegeko nshinga ngo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo...
Perezida Xi Jinping yaburiye ko hashobora kubaho amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ubushinwa kubera ikibazo cya Taiwan, nk’uko igitangazamakuru cya leta y’Ubushinwa...