Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gace ka Bria muri Santarafurika bambitswe imidali n’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo kubashimira umuhate wabo...
Umuryango uharanira amahoro n’umubano mwiza w’abaturage (CPCC ) watangaje ko impunzi 105 z’Abanye-Congo zapfiriye mu nkambi zo mu Burundi mu byumweru bibiri bishize, biturutse ahanini...
Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ko hashyirwaho igihano cy’urupfu ku bantu bacuruza ibiyobyabwenge, mu rwego rwo gukumira ikoreshwa ryabyo mu rubyiruko rw’iki gihugu. Ibi...
Perezida Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée, Mamady Doumbouya watorewe kuyobora iki gihugu cyo mu Burengeruba bwa Afurika, agize amajwi 86,7%, agaragaza ko u...
Leta ya Togo iteganya kuyobora inama yo ku rwego rwo hejuru izaba igamije gusubukura ibiganiro by’amahoro bihuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro...
Abasirikare b’u Burundi barenga 1000 barwaniraga mu bice byo mu kibaya cya Ruzizi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baburiwe irengero mu ntangiriro...