Mu ijoro ryo ku wa 24 rishyira 25 Mutarama 2026, hatangajwe ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Brigadier...
Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye n’Umugabane wa Afurika, AFRICOM buri gusuzuma uko zakorana n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC....
Mu ngabo z’u Rwanda hinjiyemo ba ofisiye bato batanu basoje amasomo bari bamaze imyaka ine bahererwa mu mashuri atandukanye ya gisirikare yo muri Qatar. Ni...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yoherereje Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika urutonde rw’amabuye y’agaciro Abanyamerika bazajya bacukura, bakanayatunganya. Hari...
Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije n’abo mu ngabo za Jamaica (JDF), batangiye imirimo yo gusana no kongera kubaka ibyangijwe n’ibiza...
U Rwanda rugiye gushyiraho itegeko rigenga ubuhinzi n’ubworozi rizafasha mu kunoza neza imikorere yabyo mu Rwanda. Ni ibyagarutsweho na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Thelesphore Ndabamenye ubwo...