Abamaze kwamamara bahwituwe basabwa kutigira ntibindeba ku bibazo by’Igihugu.
Umuhanzi B Threy yakanguriye urubyiruko, by’umwihariko ibyamamare, kutajya bigira ba ntibindeba mu bibazo by’igihugu, abibutsa ko nk’abantu bafite ijwi rigera kure n’ababakurikira benshi, ari bo...

