Abarwanyi bo mu mitwe yibumbiye mu ihuriro Wazalendo baherutse guhungira mu Burundi, bugarijwe n’inzara ikomeye aho bari kugura imbwa ku mafaranga menshi, bakazirya bitewe n’ikibazo...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yimwe ijambo mu nama y’abakuru b’Ibihugu byo mu muryango w’Akarere ka Afurika y’Amajyepfo (SADC) kubera amadeni...
Mu Rwanda, hagiye koherezwa abandi barimu bo muri Zimbabwe aho muri iki gitondo baherewe impanuro mu mahugurwa abategura, mbere yuko bahaguruka mu gihugu cyabo berekeza...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR, cyagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025. Ni ibikubiye mu...
Abatuye mu mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo yo gushyigikira ihuriro AFC/M23 rimaze icyumweru riwugenzura. Iyi...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje ko igiye gutangiza umushinga wo kubaka ikigo cy’icyitegererezo kijyanye no guteza imbere ibihingwa bihinduriwe uturemangingo, kizifashishwa mu gutunganya no gutanga imbuto...