Leta ya Nigeria yatangaje ko mu byumweru biri imbere izakira abasirikare 200 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bazayifasha mu guhangana n’imitwe yitwaje...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo Leta ya Angola yasabye ko hashyirwaho agahenge gashya mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Ubushakashatsi ngarukamwaka ku gipimo cy’uko ruswa ibonwa n’abaturage mu nzego za Leta (CPI) bwo mu mwaka wa 2025, bwakozwe n’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (TIR)...
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruvuga ko rwareze Ikigo MTN Group ku gukorera muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
U Rwanda rwakiriye ku mugaragaro Abanyarwanda 161 batahutse bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imyaka bari bamaze mu buzima bugoye, aho bari barafashwe...
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG yatangaje ko hirya no hino mu turere tw’igihugu hateganyijwe ibura ry’amashanyarazi hagati yo ku wa 9 na 17 Gashyantare...
Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ukubogama no guhyigikira ubugizi bwa nabi bukorwa n’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikayitera...