Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarashwe ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania, gusa Imana ikinga ukuboko...
Umuyobozi mukuru wa polisi y’Igihugu muri Kenya, Japhet Koome, yeguye ku mirimo ye, ahanini bikaba byaturutse ku kuntu abaturage bakomeje kunenga imyitwarire ya polisi mu...
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC witwa Seidu Dauda Yassif yabwiye abakunzi b’ikipe akinira ko icyamuzanye muri yo ari ukuyigeza ku bigwi itari...
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yatangaje ko yasinyishije Mamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali wakiniraga Olympique Béja yo muri Tunisie. Umuyobozi w’ikipe ya APR FC,...
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki kugira ngo amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite abe mu Rwanda, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje abemerewe...
Mu murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi zicumbitse muri Site ya DGDA imwe mu zicumbikiye benshi...