Amakuru ava mu burasirazuba bwa Repubulikia Iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ cyishe abasirikare batatu bo mu butumwa bw’ingabo...
Inama y’Ubutegetsi y’Umuryango Mpuzamahanga mu by’inkingo, IVI, wafashe umwanzuro ko icyicaro cyawo muri Afurika kizafungurwa mu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, bitarenze uyu mwaka wa...