Umugabo witwa Maniragena Simon bivugwa ko asanzwe ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda (RDF), yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwica umugore we nk’uko byemezwa...
Impumuro mbi mu kanwa cyangwa halitosis ni ikibazo gikomeye gikunze kwibasira abantu batandukanye. Guhumura nabi mu kanwa bibangamira ubifite, kuko igihe avuze, asetse yewe n’iyo...
Inzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA mu mezi abiri, ikomeje nubwo ikiboneka ku bitaro bicye muri Kigali...
Mu masaha akuze y’ijoro ryo ku wa 07 Kanama 2025, agace ka Munyonyo mu mujyi wa Kampala kahindutse ikibuga cy’inkuru y’akababaro, ubwo urukundo rw’umuherwekazi n’umunyamideri...
Muri iki gihe Isi ikataje mu iterambere, usanga benshi bakomeje kugarizwa n’indwara ya depression cyangwa se agahinda gakabije aho bamwe batamenya ko barwaye bakabyitiranya n’ibindi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 07 Kanama 2025, umugabo witwa Sinamenye Théoneste w’imyaka 38 y’amavuko, yafatanwe ibiro bitatu by’urumogi yari yiziritseho ku...