Leta y’u Rwanda igeze kure umushinga wo kubaka ishuri ry’icyitegererezo mu by’indege aho kuri ubu yatangiye gushaka inzobere zizifashishwa mu gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje ko igiye gutangiza umushinga wo kubaka ikigo cy’icyitegererezo kijyanye no guteza imbere ibihingwa bihinduriwe uturemangingo, kizifashishwa mu gutunganya no gutanga imbuto...
Abaturage baturite Pariki y’igihugu mu turimo twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare bahawe amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 1 mu rwego rwo kubasangiza ku musaruro wayivuyemo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Jack Ma, washinze Alibaba Group, biganisha ku bufatanye mu guteza imbere ubucuruzi bushingiye ku guhanga...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko hari umushinga wo gusana ibirombe byakorerwagamo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro 994, byri byaratawe bikongera gukorerwamo ibyo bikorwa bitarenze mu 2030. U...