Abaturage baturite Pariki y’igihugu mu turimo twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare bahawe amafaranga y’u Rwanda arenga miliyari 1 mu rwego rwo kubasangiza ku musaruro wayivuyemo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Jack Ma, washinze Alibaba Group, biganisha ku bufatanye mu guteza imbere ubucuruzi bushingiye ku guhanga...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko hari umushinga wo gusana ibirombe byakorerwagamo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro 994, byri byaratawe bikongera gukorerwamo ibyo bikorwa bitarenze mu 2030. U...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko mu mwaka wa 2026, hatagize igihinduka, izatangira igerageza ry’ifaranga koranabuhanga (CBDC – Central Bank Digital Currency) rigakoreshwa mu...
Ubushinjacyaha bukuru bw’u Bubiligi buri mu iperereza rigamije gutahura inkomoko y’amafaranga ari kuri konte z’abo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Félix...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye gufata icyemezo cyo guhagarika ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu bice biri mu maboko y’ihuriro rya AFC/M23, mu gihe cy’inyongera cy’amezi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye bahagarariye umuhango w’isinywa ry’amasezerano hagati y’Ibihugu byombi, mu nzego zirimo...