Kera kabaye Isoko rya Gisenyi ryari rimaze imyaka 15 ryubakwa ryatashywe ku mugaragaro
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Ukuboza 2025, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prudence Sebahizi yifatanyije y’abayobozi mu nzego zitandukanye mu muhango wo gufungura...

