Category : Ubukungu
Featured Musanze: Ikiraro cyari imbogamizi ku buhahirane cyahindutse gahuzamiryango.
Abaturage b’Akagari ka Cyabagarura mu murenge wa Musanze ndetse n’abo muri Kabeza mu murenge wa Cyuve bavuga ko nta ko bisa kuba basigaye banyura ku...
Featured Musanze: SACOLA yafashije abaturage kubona amacumbi ajyanye n’igihe.
Abaturage bo mu mirenge ya Kinigi na Nyange bari bafite ibibazo by’amacumbi adakwiye bagera kuri 20 bemeza ko SACOLA yabafashije kuva mu buzima bubi, kuri...
Featured Musanze: Abikorera mu mujishi umwe n’Akarere mu kurandura igwingira mu bana.
Nyuma yo kubona ko Akarere ka Musanze gakomeje kuza ku mwanya mubi mu bijyanye n’ikibazo cy’imirire mibi iganisha kw’igwingira mu bana bato, abikorera bo muri...
Featured M23 yatangaje impamvu yafashe Rubaya hamwe mu hacukurwa Coltan nyinshi ku Isi.
Umuvugizi w’Igisirikare cya M23, Lt Col Willy Ngoma yatangaje ko bafashe agace ka Rubaya gaherereye muri Teritwari ya Masisi, hakaba hamwe mu hantu hacukurwa coltan...
Featured Mantis Kivu Queen Hotel ireremba mu kiyaga cya Kivu yakoze impanuka igonze ikibuye.
Imwe mu ma Hotels atangaje mu Rwanda izwi nka “Mantis Kivu Queen Uburanga” isanzwe ikorera mu kiyaga cya Kivu, Intara y’Iburengerazuba, yakoze impanuka igonze ikintu...
Featured U Rwanda rwinjije asaga miliyari 1 y’amadorali avuye mu mabuye y’agaciro.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB, rwatangaje ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yinjirije u Rwanda asaga miliyari 1.1$, avuye kuri...
Featured Musanze: ‘Muhabura Volcano Inn’ yashyize igorora abakundana kuri Saint Valentin ya 2024.
Buri mwaka tariki ya 14 Gashyantare, hirya no hino ku Isi hizihizwa umunsi wahariwe abakundana (Saint Valentin), ukaba urangwa n’ibirori biba bigamije kwerekana ko buri...
Featured Imirimo yo kubaka inzu ndende mu Rwanda ‘Kigali Green Complex’ igiye gutangira.
Nyuma y’inzu zigeretse (étages) zari zisanzwe zizwi mu Rwanda nka Kigali City Tower, Grand Pension Plaza n’izindi, mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2024, imirimo yo...
Featured “Murye, munywe ariko muzirikane ko amashuri azatangira ejo bundi” Guverineri Mugabowagahunde.
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde yasabye abaturage b’Intara abereye umuyobozi kwishima mu minsi mikuru, gusa ngo bakishima bazirikana ko nyuma yo kurya no kunywa, ubuzima...

