Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, mu Mudugudu wa Gafuku, Akagali ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu,...
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Amerika...
Nyuma y’igihe kinini Major General Sultani Emmanuel Makenga ataboneka, yongeye kugaragara mu mashusho avuga ko M23 itarebwa na gato n’ibijyanye no gushyirwa hamwe no kwamburwa...
Abategetsi bo mu Mujyi wa Baltimore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko abantu bagera kuri 30 barasiwe mu birori byari byateguwe n’abaturage bo...
Abategetsi bo mu Burusiya bavuga ko itsinda ry’abacanshuro b’Abarusiya rya Wagner rizakwa intwaro ariko ko ritazakurikiranwa mu nkiko ku mpagarara ryateje ku wa gatandatu w’icyumweru...
Umutwe witwara gisirikari wa Wagner usanzwe ukoreshwa mu bikorwa bya gisirikari na Leta y’u Burusiya wakoze igisa nk’ibara, utangiza intambara mu Gihugu ukomokamo ukaba umaze...
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu bijyanye n’umutekano, General James Kabarebe, yasuye abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bari mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique mu...