Featured Urujijo ku bagabo 11 bivugwa ko bishwe na M23; bamwe bati ni abasivile abandi bati ni Wazalendo.
Mu Burasirazuba bwa DR Congo hakomeje kuba isibaniro ari nako umunsi ku munsi hapfa benshi. Kuri ubu hakomeje gucicikana amafoto y’imirambo y’abagabo 11 bishwe barashwe...

