Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Umutekano

Amerika yivuganye Usamah al-Muhajir umwe mu bayobozi ba Leta ya Kiyisilamu.

Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu Burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Amerika kuri iki Cyumweru.

Itangazo ry’ubuyobozi bw’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryavuze ko igitero cyahitanye Usamah al-Muhajir cyagabwe ku wa gatanu w’icyumweru turi gusoza.

Jenerali Michael “Erik” Kurilla umuyobozi mukuru wo mu gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagize ati: “Twabisobanuye neza ko twiyemeje gutsinda Leta ya Kiyisilamu muri aka karere”. Yavuze ko uyu mutwe uhangayikishije aka karere n’ahandi hose ku Isi.

Itangazo ryavuze iby’urupfu rwa Usamah al-Muhajir ryakomeje rivuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika izakomeza ibikorwa byo kurwanya umutwe wa Leta ya Kiyisilamu ifatanyije n’Ibihugu bya Iraq na Siriya. (VOA)

Related posts

Burundi: Inkingi y’amatara yaguye isenya igice cya Stade Intwari [Amafoto].

Muntu Clarisse

Ngororero: Perezida Kagame yavuze ko abatumva ko gutorwa 100% ari demokarasi bazabyumva.

N. FLAVIEN

U Rwanda na Mexique byishimiye imyaka 50 y’umubano ukomeye

NDAYISHIMIYE Libos

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777