Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Ukuboza kugera kuwa gatanu tariki 05 Ukuboza 2025, mu Rwanda hari kubera isiganwa ry’Amagare rikinirwa mu misozi,...
Kuri uyu wa Mbere tariki 01 Ukuboza 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyize abayobozi bashya mu myanya itandukanye, nk’uko bigaragara mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwatangiye iperereza kuri Yampano n’umukunzi we, nyuma y’igihe hakwirakwiye amashusho yabo y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga. Dr. Murangira B. Thierry,...
Mu rwego rwo kunoza imitangire ya serivisi z’ubuvuzi ku barwaye Virus itera SIDA (VIH), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko kiri mu biganiro n’abafatanyabikorwa...
Nyuma y’uko bamwe mu baturage bagana Akagari ka Ruhengeri gaherereye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze bagaragaje ko babangamiwe no kudahabwa serivisi inoze...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze ndetse n’abaturage bo mu murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo, mu muganda ngarukakwezi wahariwe gutera ibiti hagamijwe kurwanya...
Kimwe n’ahandi mu gihugu, abaturage b’Akarere ka Gakenke nabo bazindukiye mu muganda rusange usoza Ukwezi k’Ugushyingo, wibanze ku bikorwa by’isuku. Ku rwego rw’Akarere wakorewe mu...
Abaturage bakoresha ikiraro cya Kamisave gihuza Umurenge wa Remera mu Karere ka Musanze n’uwa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, baratabariza ubuzima bwabo kubera uburyo icyo...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri kwitegura gusinya amasezerano y’amahoro ya nyuma ya Washington agamije kujyana n’ibikorwa bifatika byo gusenya umutwe w’iterabwoba...