Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG, yiseguye ku bakoresha amashanyarazi kubwo kuba muri iyi minsi hagaragara ibura ryayo biturutse ku mirimo yo gusana no kwagura...
Abarimu barashimira Leta y’u Rwanda uko yita ku mibereho myiza n’iterambere ry’abarimu binyuze mu guhembwa neza kandi ku gihe no kubongerera ubushobozi, bavuga ko bibatera...
Papa Léon XIV yanenze bikomeye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, wavuze ko ibihugu by’i Burayi bikomeje kugana...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya barahiriye kwinjira mu nshingano, kuzuzuza kuko ibibazo igihugu gifite, bisaba ko abantu bakora mu buryo...
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2025, U Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo gutegura ingamba nshya zishobora gutuma abagenzi basabwa gutanga amakuru arambuye ku mbuga nkoranyambaga bakoresha, konti za email ndetse n’amateka...
Guverinoma y’u Rwanda yatangiye imikoranire n’ikigo mpuzamahanga gitanga serivise mu bya dipolomasi, (International Institute for Diplomacy: IID) gikorera mu Busuwisi nyuma yo gusinyana amasezerano y’ubufatanye(MoU)....