Umujyi wa Kigali washyizeho gahunda yihariye y’ingendo muri iki gihe cy’impera z’umwaka
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hashyizweho uburyo bwihariye bw’ingendo ziva cyangwa zerekeza mu ntara muri iki gihe cy’impera z’umwaka. Ubusanzwe mu bihe by’iminsi mikuru,...

