Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagize Umunyamabanga mukuru Bonnie Mugabe, asimbuye Mugisha Richard wari kuri uwo mwanya by’agateganyo abifatanya no kuba Visi Perezida waryo...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko umubare w’abanyahanga bemererwe kujya mu kibuga mu mikino ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere wazamuwe ukava kuri 6...
Amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yabereye mu nama y’Inteko Rusange yo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kanama 2025, yasize Shema...
Shema Ngonga Fabrice usanzwe ari umuyobozi wa AS Kigali, ariyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA mu matora ateganyijwe ku wa 30 Kanama 2025....
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC witwa Seidu Dauda Yassif yabwiye abakunzi b’ikipe akinira ko icyamuzanye muri yo ari ukuyigeza ku bigwi itari...
Ikipe y’ingabo z’Igihugu, APR FC yatangaje ko yasinyishije Mamadou Lamine Bah ukomoka muri Mali wakiniraga Olympique Béja yo muri Tunisie. Umuyobozi w’ikipe ya APR FC,...