Category : Ahabanza
Byatewe n’iki kugirango Leta Zunze Ubumwe za Amerika ihane RDF n’abajenerali bane?
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko nk’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Muganga yagize uruhare rukomeye mu gutegura ibikorwa (operations) no kuyobora ingabo z’u...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano RDF n’abasirikare bakuru bane
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru bane bo mu rwego rwa Jenerali kubera ubufasha mu bikorwa bitaziguye ku...
AFC/M23 yashinje FARDC kugaba ibitero bitarobanura ahatuwe n’abaturage
Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa DR Congo, Alliance Fleuve Congo ryongeye gushinja Igisirikare cya Leta n’abambari bacyo ko nyuma y’ibitero bya drones, iri huriro ryagabye ibitero...
Trump yemeje ko USA na Israel byagabye igitero kuri Irani muri Operation yiswe ‘Umutontomo w’Intare’
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byagabye igitero kuri Irani, mu gihe Perezida Donald Trump avuga ko ibikorwa [operations] bikomeye by’imirwano birimo kuba mu...
Lt Col Willy Ngoma wari umuvugizi wa M23 yishwe na FARDC mu gitero cya drone
Umuvugizi mu bya gisirikare wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yiciwe mu gitero cy’indege nto z’intambara zitagira umupilote (drone) cy’ingabo za Leta ya DR Congo,...
FARDC yifashishije drones kabuhariwe irasa mu gace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro
Binyuze ku muvugizi mu bya Politiki akaba n’ushinzwe itumanaho muri AFC/M23, Lawrence Kanyuka yashinje Kinshasa kugaba ibitero bya drones muri Rubaya, agace ko muri Teritwari...
Ubutegetsi bwa RDC burifuza ko Afurika y’Epfo yabufasha kubaka igisirikare cyabwo
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangiye ibiganiro bigamije kongera kubaka no kongerera imbaraga igisirikare cyayo (FARDC), isaba Afurika y’Epfo ubufasha mu myitozo,...
Urukiko rwemeje ko Sheikh Bahame akomeza kuburana ari hanze
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwemeje ko Sheikh Bahame Hassan, umuhuzabikorwa w’ikigo ggororamuco cya Gitagata, akomeza gukurikiranwa adafunzwe, rutesha agaciro ubujurire bw’ubushinjacyaha bwasabaga ko afungwa by’agateganyo....
RFI igiye gushyiraho ikoranabuhanga rizatahura aho ukekwaho icyaha ari
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFI) kiri mu mushinga ukomeye wo kubaka ikoranabuhanga rizafasha inzego z’ubutabera kumenya aho ukekwaho icyaha...

