Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafatiye mu mujyi wa Goma mu mwaka ushize, hamwe n’abandi...
Kuri uyu wa 19 Gashyantare 2026, i Kigali hatangiriye ku mugaragaro inama mpuzamahanga igamije kongera gutekereza ku hazaza h’uburezi muri Afurika, igikorwa kizamara iminsi ibiri,...
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko igihugu cye kigiye gutangiza gahunda yo gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga, yifashishije icyitegererezo cy’u Rwanda na Kenya....
Abarezi n’abanyeshuri bo mu karere ka Karongi bavuga ko mu bibangamiye imyigire n’imyigishirize muri aka karere harimo ikibazo cy’ibyumba by’amashuri bishaje, aho imvura igwa bigasaba...
Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gufata icyemezo gikakaye ku Iran cyo kiyitegeka guhagarika burundu gahunda yayo yo gutunganya...
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Kenya, William Ruto, baganira ku kurushaho guteza imbere umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi...
Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, yatangaje ko igihugu cye kizageza ku nteko rusange y’umuryango w’abibumbye icyifuzo cyo kwemeza ku mugaragaro ko ubucakara Abanyafurika bajyanywemo...
Abaturage bo muri Komini Minembwe, ihuza teritwari za Fizi, Uvira na Mwenga mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko umutekano ukomeje kuzamo...