Abantu batatu barimo Abapolisi babiri baguye mu iturika ry’igisasu ryabereye mu murwa mukuru w’u Burusiya. Ubugenzacyaha bw’icyo gihugu bwatangaje ko abo bapolisi bari mu kazi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko bagiye kubaka ubwato bugera kuri 30 mu rwego rwo kongera ubushongore n’ubukaka bw’ingabo za...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanze gusubira mu biganiro by’amahoro biyihuza n’ihuriro AFC/M23. Leta ya RDC yanze ibiganiro byaba iby’imbonankubone cyangwa ibyifashisha ikoranabuhanga mu gihe...