I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League, yakomeje mu ijonjora rya kabiri nyuma yo gutsinda Gaadiidka FC yo...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 24 Kanama 2023, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa imyanya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko gufata inshingano zaba izo kuyobora cyangwa izindi zitandukanye bidasaba kuba umuntu ari mukuru ahubwo abakiri bato bakwiye kumenya...
Nyuma y’urupfu rw’Umuyobozi mukuru wa Wagner, Prigozhim, bivugwa ko yaguye mu mpanuka y’indege ya Embraer yavaga i Moscou yerekeza St Peterburg, abarwanyi ba Wagner bari...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba bemeza ko n’ubwo Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga igamije kubateza imbere, hakiri...
Yevgeny Prigozhin wari Umuyobozi w’Umutwe w’abacanshuro wa Wagner yapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye mu Burusiya, benshi bakaba bavuga ko uru rupfu rukwiye kwibazwaho. Uyu mugabo...
U Buhinde bwatangaje ko Icyogajuru cya ‘Chandrayaan-3’ buherutse kohereza mu isanzure cyageze ku kwezi kigwa neza mu gice cy’Amajyepfo cy’uyu mubumbe mu gihe icyari cyoherejwe...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga na bagenzi be bo mu Bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, bahuriye muri Kenya mu nama...