I am a Journalist since 2015.
I worked from Radio Station in News reporting, News presentation and some Educative Shows, Gospel Shows and others. I also wrote some political and Gospel articles via online platforms.
CONTACT US ON: +250788224098 or amizero.info@gmail.com
Ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa yegukanye UEFA Champions League ya 2025/2026, itsinze Arsenal FC yo mu Bwongereza kuri penaliti 4-3 nyuma yo kunganya...
Ikigo gicuruza Internet mu Rwanda, Broadband Systems Corporation (BSC), kigiye kubaka ububiko bw’amakuru bugezweho mu Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cy’Ikoranabuhanga gitanga serivisi z’ububiko bw’amakuru cya...
Abaturage 15 bo mu murenge wa Kigarama, Akarere ka Kirehe, bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ku mutobe wari wenzwe n’umuturage mugenzi wabo, bigakekwa ko...
Intumwa z’u Busuwisi zahuriye n’abahagarariye umutwe wa AFC/M23 i Rubavu mu Rwanda, mu biganiro byari bigamije gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe i Doha...
Indege y’intambara yo mu bwoko bwa ‘drone’ yaturikiye ku nzu ya ‘apartment’ muri Romania itera inkongi y’umuriro inakomeretsa abantu babiri, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ingabo...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2026, uduce dutandukanye two muri Teritwari ya Masisi turi kuberamo imirwano ikomeye hagati ya...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryahigiye kutarekura santere ya Rubaya iherereye muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru....
Twese tuzi uko umuntu yiyumva iyo akomeje kureba ibintu kuri telefoni nta ntego afite, ibi bitera ubwonko kunanirwa kandi bwanagagara. Arikose wari uzi ko biri...
Nahimana Ernest w’imyaka 30 y’amavuko, wigishaga ikoranabuhanga (ICT) muri GS Sainte Marie Kibuye, Ishuri ry’abihayimana gatolika (ababikira) riherereye mu murenge wa Bwishyura, Akarere ka Karongi,...