Afurika y’Epfo n’u Rwanda mu isura nshya y’umubano nyuma y’imyaka irenga 10 y’ibibazo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yatangaje ko Afurika y’Epfo n’u Rwanda byemeranyije gutangira icyiciro gishya mu mubano wabyo nyuma y’imyaka irenga icumi...

