Amizero
Amakuru Amakuru mashya Imikino

Icyemezo cya FIFA kuri wa musifuzi wangiwe kwinjira muri USA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA ryemeje ko umusifuzi w’Umunya Somaliya azahabwa amafaranga yose yagombaga kubona mu irushanwa ry’igikombe cy’Isi yagombaga gusifura, nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kimwe mu bihugu bitatu byakiriye iki gikombe.

Artan, wari waratoranyijwe mu basifuzi bazasifura iri rushanwa rikomeye ku Isi, yabujijwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku mpamvu zitasobanuwe neza ariko ngo zifitanye isano no gukekwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba. Ibi byatumye atabasha gusifura imikino y’Igikombe cy’Isi, ibintu byatunguranye ndetse bikababaza benshi mu bakurikiranira hafi ruhago.

Nyuma y’uko ibi byose bibaye FIFA yafashe icyemezo cyo kumuhemba amafaranga yose yari agenewe abazasifura muri iri rushanwa. Ibi bifatwa nk’icyemezo cyo guha agaciro umwuga no kubaha abasifuzi, cyane cyane iyo hari impamvu zitari mu bushobozi bwabo zibabuza gukora akazi kabo.

Related posts

FARDC ivugako ifashijwe na MONUSCO yasubije inyuma M23 yashakaga gufata Bunagana.

N. FLAVIEN

FARDC yemeje ko abo yarwanye nabo atari M23 ahubwo ari ba mudahusha ba RDF.

N. FLAVIEN

Kimenyi Yves yavunikiye bikomeye mu mukino wahuje AS Kigali na Musanze FC.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777