Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubuzima

Ibintu bishobora kwangiza intangangabo bikaba byanatera ubugumba.

Mu buzima busanzwe bwa muntu hari ibikorwa bito igitsinagabo gikora kandi bishobora kwangiza intangangabo zabo cyangwa agasabo k’intangangabo ku buryo bishobora gutuma zitakaza burundu ubushobozi bwo kubyara ariko benshi bakaba babifata nk’ibisanzwe.

Mu miterere yazo, intangangabo ziba zifite uburyo kamere buzirinda kwangizwa n’ubushyuhe ndetse n’ibindi bintu byose byava hanze, bityo agasabo k’intangangabo ndetse n’intangangabo ubwazo bikaba bitapfa kwangizwa n’ikintu icyo aricyo cyose.

Bimwe mu bishobora kwangiza intangangabo:

1.Indwara zimwe na zimwe, cyane izandurira mu mibonano mpuzabitsina.

Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka Sida, Mburugu, imitezi ndetse n’izindi zirimo nka infegisiyo (infection) y’amabya, byangiza intangangabo n’agasabo kazo.

Indwara ya diyabete (diabetes) nayo irazangiza, bityo ni byiza kwivuza kare izi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina naneho kandi ni byiza gukora ibishoboka byose ukirinda ko izi ndwara zagufata.

2. Kwambara imyenda y’imbere igufashe cyane.

Kwambara boxer, amakariso ukamara umwanya munini cyane aguhambiriye nabyo biri mu bintu byangiza Intangangabo.

Ni byiza kwambara imyenda ikurekuye kandi ikozwe mu buryo ibasha kureka ubushyuhe bugatambuka, cyane cyane ikozwe muri cotton, kandi kugira isuku nabyo ni ingenzi cyane.

3.Kurinda ikintu cyose cyongera ubushyuhe ku mabya.

Aha havugwa nko Gukoresha laptop uyifatiye ku bibero cyangwa no kwegereza ikintu cyose gishyushye hafi y’icyo gice, iyo ubushyuhe bwo ku mabya buzamutse cyane hari ikigero bigeraho bukangiza agasabo k’intanga bityo ukaba watakaza ubushobozi bwo kubyara.

4.Kwegera ibintu birekura amareyo (radiation).

Bimwe mu byuma birekura imirasire bishobora gutera ubugumba. Ni byiza kubimenya ukamenya n’uburyo wabyirinda kuko byaba byiza .

Kuba umugabo yatakaza ubushobozi bwe bwo kubyara biturutse ku tuntu duto birashoboka. Ni byiza rero kurinda igice cyawe cyo ku bugabo n’amabya, ukakirinda ikintu cyose cyahangiza cyangwa kikaba cyahindura imiterere karemano yaho.

Ni byiza kandi kwivuza indwara zifata mu muyoboro w’inkari ndetse harimo n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina kuko zishobora kwangiza udusabo tw’intanga bityo bikagutera ubugumba.

Related posts

Ukwezi kurihiritse abanyeshuri bo mu bice bimwe bigenzurwa na Leta muri Kivu y’Amajyaruguru batiga.

N. FLAVIEN

Afurika y’Epfo: Musenyeri Desmond Tutu ufatwa nk’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu yitabye Imana.

N. FLAVIEN

Indirimbo ‘IGIHE’ y’umuhanzi nyarwanda Marshall Mushaki ikomeje gukora ku mitima ya benshi [VIDEO]

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777