Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike

Zimwe mu ngingo zibandwaho mu kiganiro Perezida Kagame agirana na RBA.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame aragirana ikiganiro n’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, kigaruka ku ngingo zirimo imyaka 30 ishize u Rwanda rubohowe n’izindi aba ari umwanya mwiza kandi wo kuganira n’abaturage.

Iki kiganiro giteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 17 Kamena 2024, guhera saa Munani z’igicamunsi, aho gitambuka ku bitangazamakuru byose bya RBA n’imbuga nkoranyambaga.

Mu ngingo nyamukuru kiri bwibandeho harimo icyerekezo cy’u Rwanda mu myaka iri imbere n’umusanzu wa buri wese mu kukigeraho.

Perezida Kagame agiye kuganira n’abaturage mu gihe Abanyarwanda bitegura ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 30 imyaka ishize rwibohoye, bazirikana urugendo rw’iterambere ry’ubukungu, imibereho myiza, imiyoborere n’ibindi, Igihugu cyanyuzemo.

Mu byitezwe muri iki kiganiro, harimo kandi kugaruka ku ishusho y’ibyaranze gahunda y’Igihugu yo kwihutisha Iterambere, NST1, ahagarukwa kuri bimwe mu byagezweho mu myaka irindwi ishize ndetse n’imbogamizi zabayeho ku bitaragerwaho.

Ni ikiganiro kandi kigiye kuba mu gihe Abanyarwanda bitegura kwinjira mu bihe byo kwiyamamaza ndetse n’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024. (RBA)

Related posts

DR Congo: Imwe mu mitwe ya Wazalendo yasubiranyemo bica igikuba mu baturage.

N. FLAVIEN

Miss Fiona n’umunyamakuru Nkusi Arthur basezeraniye ku kiyaga cya Kivu (Amafoto)

N. FLAVIEN

Ibintu 20 umusore ashobora kureberaho ko umukobwa bakundana yavamo umugore ubereye urugo.

Muntu Clarisse

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777