Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Hanze Trending News Umutekano

Iran yiteguye guhangana bikomeye Amerika niyitera

Ayatollah Ali Khamenei, umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika nizitera Iran, intambara izagera mu karere kose.

Khamenei yatangaje ibi kuri iki Cyumweru, mu gihe umwuka mubi hagati ya Washington na Tehran ukomeje kwiyongera.

Khamenei yavuze ko Trump ahora avuga ko yohereje amato y’intambara ariko Iran ikaba itazaterwa ubwoba n’ibi kuko Abanya-Iran batazahagarikwa n’ibi bikangisho.

Yongeyeho ati :”Ntabwo aritwe twabitangije ndetse nta n’igihugu dushaka gutera, ariko Iran izarasa bikomeye uzayitera wese, ndetse akabayibiza amahwemo.”

Imyigaragambyo yazambije umubano wa Amerika na Iran yatangiye mu mpera za Ukuboza 2025 ishingiye ku bibazo by’ubukungu, ariko nyuma byahindutse ikibazo gikomeye cya politiki.

Imibare yerekana ko abantu 3.117 bishwe mu gihe cy’imyigaragambyo.

Related posts

Penaliti ya Sadio Mané ku munota wa nyuma yatumye Sénégal ibabaza abanyarwanda.

N. FLAVIEN

FARDC n’abambari bayo bahawe amasaha 48 ngo babe bavuye mu mujyi wa Bukavu.

N. FLAVIEN

Rubavu: Abarerera ku ishuri rya EPGI-ULK bavuga ko umurage nyawo muri iki gihe ari uburezi bufite ireme. [AMAFOTO]

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777