Amizero
Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

Ibitero Ingabo za Israel zagabye ku mutwe wa Hezbollah byabaye ibidasanzwe.

Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah ari mu bishwe n’igisirikare cya Israel (IDF) mu bitero iki gisirikare gikomeje kugaba ku birindiro by’uyu mutwe biri muri Libani, ndetse ibi bitero byanashwanyaguje ibibunda biremereye by’uyu mutwe.

Ni amakuru yemejwe n’igisirikare cya Israel, aho ndetse n’umuvugizi wacyo Daniel Hagari yatangaje ko umutwe wa Hezbollah wemeje ko ibitero by’abarwanyi bayo bagabye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, byakozwe mu rwego rwo kurinda abasivile bayo.

Hagari kandi yavuze ko umutwe wa Hezbollah ufite za Rocket 15.000 kandi ko zigamije kuraswa ku b’Israeli, avuga ko ibyo biri mu mpamvu igisirikare cya Israel gishora imbaraga zayo zose ku kurwanya abarwanyi b’uyu mutwe wa Hezbollah.

Mu butumwa buri mu nyandiko igisirikare cya Israel cyashyize hanze gikoresheje urubuga rwa X, cyemeje ko ibitero byayo byahitanye umuyobozi wa Hezbollah. Izi nyandiko zigira ziti: “Hassan Nasrallah ntabwo azongera gushobora gutera ubwoba Isi.”

Inyandiko zikomeza zivuga ko mu bandi barwanyi ba Hezbollah bishwe barimo uwitwa Muhammad Ali Ismaïl wari usanzwe akuriye itsinda ryo muri uwo mutwe rirwanisha za Misile mu majyepfo ya Lebanon, ndetse n’uwitwa Ahmad Ismaïl wari wungirije Muhammad Ali Ismaïl.

Urupfu rwaba, ruje rukurikira urwa Ibrahim Qabisi wari ukuriye itsinda ry’abarwanyi ba Hezbollah barasisha misile na rocket . Aya makuru anavuga ko hari n’abandi basirikare bakuru bo muri uyu mutwe baguye muri icyo gitero.

Si abarwanyi gusa bapfuye, hubwo iki gisirikare cya Israel cyanashimangiye ko cyasenye inganda z’intwaro zari i Beirut ndetse n’ibindi bibunda bigezweho nabyo ngo birasenywa.

Related posts

Karongi: Uwagiye kwa muganga ataka impiswi yatawe muri yombi amaze gukuramo inda

N. FLAVIEN

DR Congo: Leta yemeje ko abafungwa 129 bishwe bagerageza gutoroka gereza nkuru ya Makala.

N. FLAVIEN

Indege z’intambara za MONUSCO ziri gusuka ibisasu ku nyeshyamba za M23 mu Burasirazuba bwa Congo.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777