General Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo mu Rwanda yitabye Imana aguye mu Bubiligi aho yari amaze iminsi atuye nyuma yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru....
Umutingito ukomeye uri ku gipimo cya ‘magnitude’ 6,4 wibasiye Amajyepfo ya Turikiya nyuma y’iminsi mike iki Gihugu gishegeshwe n’indi mitingo yatumye ibihumbi byinshi bihaburira ubuzima....
Indege z’intambara za Sukhoi-25 z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakoze ishyano mu gitero cyo kwihekura cyagabwe ahitwa ku Rupangu na Kimoka kuko cyibasiye...
Amakuru agezweho ku gitero cy’abaturage ku modoka za MONUSCO ku mugoroba w’ejo kuwa Kabiri tariki 07 Gashyantare 2023, aremeza ko imvururu zabaye hagati y’ingabo z’Umuryango...
Mu kanwa h’umuntu ni hamwe mu hagaragaza ubwiza bwe, bikaba akarusho iyo hateretsemo amenyo y’urwererane dore ko hari n’abatakaza akayabo mu gushakisha icyayacyesha nyamara bakajya...