Ababyeyi bafite abana biga muri gahunda ya ECD ya Burera ADEPE, batangaza ko bishimira kuba bafite ahantu hizewe basiga abana babo bakajya ku kazi. Bavuga...
Abanyamuryango ba Koperative Umwalimu SACCO mu karere ka Karongi, Intara y’Iburengerazuba bibukijwe ko kutabyaza umusaruro amahirwe aboneka binyuze mu gukorana n’iyi Koperative ari ukunyagwa zigahera,...
Abanyeshuri biga kuri GS Nyarupfubire, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare, bakoze igikorwa kigayitse bakubita abarimu babo, umwe bamukomeretsa mu mutwe mu...
Wisdom School ikomeje intambwe idasubira inyuma mu kwigisha ururimi rw’Igishinwa nka rumwe mu ndimi zikoreshwa na benshi. Kuba iri shuri rishyize imbaraga mu kwigisha uru...
Abanyeshuri bo mu Ishuri ryitwa ‘Ecole d’Elites-Kibuye’ riherereye mu murenge wa Bwishyura, Akarere ka Karongi bavuga ko bashenguwe n’amateka ashaririye cyane biboneye ubwo basuraga urwibutso...
Ahagana saa tatu n’igice z’ijoro (21h30) kuri uyu wa Mbere tariki 05 Gicurasi 2025, inyubako abanyeshuri bararamo (dortoire) kuri Collège de Gisenyi Inyemeramihigo riherereye mu...
Impuruza zashyizwe mu nyubako ya Kaminuza ya Kibogora(KP) ishami rya Rusizi zatanze impuruza ubwo abanyeshuri bari mu masomo bituma basohoka igitaraganya, ibyatumye bamwe bibeshya ko...
Mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Karongi cyane ariko Umurenge wa Bwishyura, ku wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2025 ahagana mu ma saa munani z’amanywa (14h00)...
Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu mashami atandukanye barataka guhagarikirwa inguzanyo yo kwiga izwi nka buruse, kandi bagikomeje amasomo bitewe no kwibwa...