Ni kenshi Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yumvikanye yemeza ko ashyigikiye Ukraine, ndetse ko aniteguye kurwanya uwo ari we wese wahirahira...
Abasirikare kabuhariwe b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje bifashishije Twitter. Minisiteri y’ingabo ya Ukraine yavuze ko umwanzi yageze mu karere ka...
Nyuma y’uko mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki 24 Gashyantare 2022, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya atangije ibitero kuri Ukraine, Volodymyr Zelensky uyobora Ukraine...
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare 2022, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yavuze ko hari ingeso y’ukutubaha ikomeje kugaragara mu...
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Umukuru w’ubutasi (ANR) afatanyije n’umujyanama wa Perezida mu by’umutekano Francois Beya, bagerageje guhirika ku butegetsi...