Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mata 2024 habyutse havugwa amakuru y’uko Israel yateye Iran, amakuru yaje no kwemezwa n’umwe mu bayobozi...
Perezida wa Repubulika ya Kenya, William Ruto yavuze ko umugaba mukuru w’ingabo za Kenya, Jenerali Francis Omondi Ogolla, yapfuye nyuma yuko indege ya kajugujugu ya...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jakaya M. Kikwete wayoboye Tanzaniya, bagiriye uruzinduko rw’akazi mu bihe bijya kuba bimwe muri Uganda aho babonanye na...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF yahaye amapeti ba ofisiye bashya 624, ababwira ko mu gihe umuntu...
Ubuyobozi bw’Igihugu cya Mali bwahagaritse ibikorwa byose by’amashyaka ya politiki, mu gihe agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi gakomeje kotswa igitutu ngo gategure amatora. Umwanzuro...
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, mu mutwe w’Abarinda Umukuru w’Igihugu (Garde Republicaine) yishe abantu batatu abarasiye muri resitora iri...
Amakuru ava mu burasirazuba bwa Repubulikia Iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko igisasu cy’imbunda ya rutura ya ‘mortier’ cyishe abasirikare batatu bo mu butumwa bw’ingabo...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yatangaje ko yavuye mu Rwanda yumvise neza uburemere bw’ibibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga...
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024, ibisasu biremereye byarashwe n’ingabo za Leta ya DR Congo FARDC n’abazifasha, aho bageragezaga...
Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rukorera mu karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, rwahanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi mukuru wa gereza ya Rubavu igifungo cy’imyaka 15...