Adrien Rabiot aheruka gushyamirana na Jonathan Rowe mu ikipe ya Marseille ku mukino batsinzwemo na Stade Rennais ku wa Gatanu ushize igitego 1-0. Nyina umubyara...
Perezida w’Inama y’Ubutegetsi y’Umuryango wa Rayon Sports, Paul Muvunyi, yatumije Inama y’Inteko Rusange iteganyijwe kuba tariki ya 07 Nzeri 2025. Iyi kipe yari imaze iminsi...
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwamaze amatsiko abakunzi b’umupira w’amaguru. Kuri uyu wa Kane tariki ya 21. Uru rwego rushinzwe gutegura shampiyona rwatangaje ko iy’uyu...
Uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko mu kwezi gushize ni bwo yasohotse muri Manchester United yakuriyemo, yerekeza muri FC Barcelona nk’intizanyo. Mu masezerano ye harimo ingingo...
Umuzamu wa Mukura VS nyuma yo kunaniranwa na Rayon Sports bikarangira yongereye amasezerano mu ikipe ye, ubu ashobora kwerekeza mu ikipe ya APR FC mu...
Ikipe ya Atletico Madrid, ni imwe mu zifitanye imikoranire n’u Rwanda mu rwego rwo kumenyekanisha Igihugu binyuze mu bukerarugendo. Iyi kipe ntiyitwaye neza ku mukino...