Ikipe ya Atletico Madrid, ni imwe mu zifitanye imikoranire n’u Rwanda mu rwego rwo kumenyekanisha Igihugu binyuze mu bukerarugendo. Iyi kipe ntiyitwaye neza ku mukino...
Ikipe ya APR FC ikomeje agahigo ko kudatsindirwa muri Sitade Amahoro nyuma yo gutsina Power Dynamos yo muri Zambia ibitego 2-0 mu mukino ufungura iyo...
Ku mukino ufungura Shampiyona y’Ubwongereza (English Premier League) 2025/2026 wahuje AFC Bourenemourth na Liverpool, umwe mu bafana wari mu kagare k’abafite ubumuga yakoreye Antoine Semenyo...
Umuzamu w’Umunye-Congo Brazzaville uheruka gutandukana na APR FC ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports itaranyuzwe na Idrisa Kouyate wayisinyiye muri iyi mpeshyi na Ndikuriyo...
Lebitsa Ayabonga wari umutoza wa Rayon Sports wongerera ingufu abakinnyi, yamaze gusezera ku mirimo ye kubera ibibazo by’umuryango, mu gihe iyi kipe yitegura kwakira Young...
Ikipe ya Al Ahli Tripoli ikinamo abanyarwanda Manzi Thierry na Bizimana Djihad, yaraye itwaye igikombe cya Shampiona ya Libya itsinze Al Hilal Benghazi ibitego 2-0....
Alexander Isak ukinira ikipe ya Newcastle United yifujwe na Liverpool, gusa amafaranga Liverpool yashakaga kwishyura kuri uyu mukinnyi ntiyahuye n’ayifuzwaga. Uyu mukinnyi yakomeje guhatira Newcastle...
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki, umukino wa Rayon Sports na Young Africans ugakinirwa kuri Stade Amahoro, mu mukino w’Umunsi w’Igikundiro (Rayon Day), imyiteguro...