Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mata 2024 habyutse havugwa amakuru y’uko Israel yateye Iran, amakuru yaje no kwemezwa n’umwe mu bayobozi...
Perezida wa Repubulika ya Kenya, William Ruto yavuze ko umugaba mukuru w’ingabo za Kenya, Jenerali Francis Omondi Ogolla, yapfuye nyuma yuko indege ya kajugujugu ya...
Ubuyobozi bw’Igihugu cya Mali bwahagaritse ibikorwa byose by’amashyaka ya politiki, mu gihe agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi gakomeje kotswa igitutu ngo gategure amatora. Umwanzuro...
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024, yasuye ingabo z’u Rwanda zikorera mu karere ka Ancuabe mu...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Perezida wa Repubulika ya DR Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo kuri...
Mu gihugu cya Somalia giherereye mu ihembe rya Afurika, umusirikare yasutse urufaya rw’amasasu kuri bagenzi be hapfa abasirikare batanu barimo aba Somaliya, Bahrain na Emira...
Kuva mu masaha y’igitondo kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2024, amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga agaragaza ubukana bw’igitero cya drone bivuga ko ari iyo...
Ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zaraye zongeye kurasa muri Yemen mu karere kagenzurwa n’Abahouti bashyigikiwe n’Igihugu cya Irani. Ni mu gihe hari impungenge...
Indege y’intambara y’igisirikare cya Uganda (UPDF), Sukhoi-30, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Gen (Rtd) Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, kuva mu 2001 kugeza...