Abana babiri b’abahungu barimo ufite imyaka 13 n’undi ufite imyaka 17 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange, baturikanwe n’igisasu cyo mu bwoko...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko u Rwanda rwatangiye ibikorwa byo gukingira Coronavirus haherewe ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iki cyorezo barimo...
Nyuma yo kugijyaho impaka bucece, kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Werurwe 2021, Mashami Vincent wari usanzwe atoza ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) yashyize...
Mwarimu Zilimala Godfrey wigisha isomo ry’ibinyabuzima (Biology) ku Rwunge rw’Amashuri rwa Buhabwa ruherereye mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza amaze imyaka 12 atangiye...
Mu buryo butunguranye, amatiyo avana amazi mu nganda za Kanyonyomba na Ngenda ayakwirakwiza mu Mirenge 15 y’Akarere ka Bugesera yacitse mu gitondo cyo kuri uyu...
Mu muhango wo gushyingura padiri Ubald Rugirangoga, murumuna we Révérien Rugwizangoga yavuze ko nubwo mukuru we yakuriye mu rwango rushingiye ku macakubiri n’itotezwa we yabirenze...
U Rwanda ruratangira kwakira inkingo za COVID-19 muri iki cyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Werurwe 2021. Amakuru IGIHE dukesha iyi nkuru...