Ihuriro ry’abaturage bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru basohoye itangazo rivuga ko kuri uyu wa Mbere tariki 18 Nzeri 2023 bazakora imyigaragambyo y’amahoro, ikabera mu...
Perezida w’inzibacyuho muri Mali, Colonel Assimi Goïta yatangaje ko yasinye amasezerano y’ubutabarane mu bya gisirikare na bagenzi be barimo capitaine Ibrahim Traoré wa Burkina Faso...
Leta y’u Burundi yafashe umwanzuro ukomera wo guhagarika igiterane mpuzamahanga cyitiriwe “Connect Africa Conference 2023”, cyari kubera i Bujumbura mu Burundi guhera ku wa gatanu...
Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative (RCA), yatawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo gutanga nabi amasoko ya Leta no gukoresha...
Uhagarariye Igihugu cya Israel muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Shimon Solomon yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, Jean Pierre Bemba...
Abarimu bahawe amahirwe yo gukomeza kwiga uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda mu mashami y’uburezi aherereye i Rukara na Nyagatare (UR-CE) mu Ntara y’Iburasirazuba muri gahunda...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC kirigamba ko kimaze kugira umubare uhagije w’abasore n’inkumi bari guhabwa imyitozo ya gisirikare, kugirango binjizwe mu ngabo...
Abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro rusange (O’Level) baravuga ko kuba inzego zikuriye uburezi mu Rwanda zarafashe umwanzuro wo gusohora amanota...