Author : N. FLAVIEN
Featured Rubavu: Rwabuze gica hagati y’Akarere na Kiliziya Gatolika bapfa ubutaka.
Ubutaka bugizwe n’ibibuga by’imikino itandukanye biri mu marembo y’ibiro by’Akarere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Nengo, imbere neza ya Paruwasi Gatolika ya...
Featured Musanze: Kingdom School yarenze kuba ikigo ihinduka urugo kubera ubwitange n’ubupfura. “Ababyeyi”.
Ababyeyi barerera ku Ishuri rya Kingdom rifite icyicaro mu Karere ka Musanze, bemeza ko batakibona Kingdom nk’ishuri gusa ko ahubwo baribona nk’urugo bitewe n’indangagaciro abana...
Featured Bugesera FC yandagaje APR FC ikuraho agahigo kari kamaze imyaka irindwi.
Ikipe ya APR FC yakojejwe isoni na Bugesera FC iyitsinda ibitego 2-1 mu Karere ka Bugesera, ubwo amakipe yombi yakinaga umukino w’ikirarane w’umunsi wa kabiri...
Featured Kimisagara: Umusaza wari wigondeye indaya yananiwe kuyishimisha imuca ibihumbi 50 Frw
Umusaza yananiwe gutera akabariro ubwo yari acyuye umukobwa ukora uburaya mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali maze iyi ndaya imuca ibihumbi...
Featured Rubavu: Banze gushyingura uwo bikekwa ko yivuganwe n’umugabo batarishyurwa 200,000Frw.
Tariki 04 Ukwakira 2022 nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo y’uko umugore witwa Nyirarukundo wari utuye mu Mudugudu wa Rukeri, Akagari ka Bihungwe, Umurenge wa Mudende, Akarere...
Featured Rubavu: Abageze mu zabukuru baramwenyura kuko ngo Leta itabatereranye.
Kimwe n’ahandi hirya no hino ku Isi, kuri uyu wa Kabiri tariki 04 Ukwakira 2022 u Rwanda rwizihije Umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru, abo mu...
Featured Ubuzima butangaje bwa Ngirente Séraphine ufatira urugero kuri Minisitri w’Intebe bitiranwa.
Ngirente Séraphine w’imyaka 19 Ukomoka mu Karere ka Burera, avuga ko nyuma yo kubyarira mu rugo yatekereje ko ubuzima bwe bw’ishuri burangiye kuko nta byiringiro...

