Amizero
Amakuru Amakuru mashya Hanze Politike Umutekano

AFC/M23 iri gushaka amakuru ku rupfu rw’uwari umujyanama wayo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko umujyanama waryo mu bijyanye n’itumanaho, Magloire Paluku, yapfuye mu buryo buteye agahinda.

Paluku wamaze imyaka myinshi ari umunyamakuru, yarashwe n’abataramenyekanye ku wa Gatatu tariki 10 Ukuboza 2025 ubwo yari mu mugi wa Goma.

Umuyobozi w’Ibiro bya Corneille Nangaa uyobora AFC/M23, Alumba Lukamba Omokoko Jean Pierre, yatangaje ko Paluku yapfiriye mu bitaro bikuru bya Goma.

Paluku yavukiye mu mujyi wa Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ayobora Radiyo Kivu One. Muri Nyakanga 2024 yinjiye muri AFC/M23.

Kuva yinjiye muri AFC/M23, Paluku yagaragaye kenshi ari hafi y’Umuyobozi w’iri huriro, Corneille Nangaa, aho bivugwa ko atari umujyanama gusa, ahubwo ko bari n’inshuti zikomeye.

AFC/M23 ishaka kumenya amakuru yimbitse ku rupfu rw’umujyanama wayo

Related posts

Perezida Paul Kagame na Madame bashyize indabo ku Kimenyetso cy’Ubutwari

NDAYISHIMIYE Libos

U Rwanda rwagiranye amasezerano y’ubufatanye na Oman

NDAYISHIMIYE Libos

Ibintu bishobora kwangiza intangangabo bikaba byanatera ubugumba.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777